News

Abayobozi b'ibigo by'amashuri ya Leta yo mu Karere ka Gasabo, barasaba inzego zibishinzwe kwishyura ibirarane by'amafaranga leta ibaha yo gukemura ibibazo bya buri munsi by'ubuzima bw'ishuri, kuko ...
Aborozi bo mu Karere ka Gatsibo bavuze ko kwegerezwa amasoko y’amatungo cyane cyane ay’inka azwi nk’ibikomera, byabafashije kubona aho bagurishiriza amatungo yabo badahenzwe n’abitwa abatenezi cyangwa ...
Minisitiri w'Intebe, Dr Edouard Ngirente, yashimangiye ko u Rwanda ruzi neza akamaro ko gukorana kw’ibihugu kugira ngo bigere ku ntego yo guhuza Umugabane wa Afurika. Ni ubutumwa yatanze kuri uyu wa ...
Perezida Paul Kagame yabwiye abayobozi ba Afurika ko uyu Mugabane ufite ibikenewe byose byawufasha kugera ku iterambere wifuza, utarinze gutegereza inkunga ziva hanze yawo. Ibi yabigarutseho mu Nama y ...
Perezida Paul Kagame uri i Paris mu Bufaransa, yahuye na mugenzi we, Emmanuel Marcon, aho baganiriye ku bibazo byerekeye Isi ndetse n’imikoranire itanga umusaruro hagati y’Ibihugu byombi. Ibiro ...
Leta y'u Rwanda yatangaje ko yinjije miliyoni 587 Frw mu 2023/2024 binyuze mu ngendoshuri zakozwe n’abavuye mu bihugu bitandukanye bya Afurika, no kohereza mu mahanga imishinga y’ikoranabuhanga. Mu ...
Umuhanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Richard Nick Ngendahayo, agiye gutaramira Abanyarwanda mu gitaramo yise “Niwe Healing Concert”. Iki gitaramo cyo kuramya no guhimbaza Imana kizabera ...
Kuri uyu wa Kabiri, Perezida Paul Kagame yakiriye Umuyobozi wa Komite Mpuzamahanga y'Umuryango utabara imbabare, Croix Rouge, ku Isi, Mirjana Spoljaric Egger ndetse n'umuyobozi w'uyu muryango muri ...
Ikigo BK Group Plc kigiye gushyiraho Ikigega cy'Ishoramari kizajya gishora imari mu bikorwa cyangwa amasosiyete aciriritse akeneye inguzanyo. Byagarutsweho ubwo BK Group Plc yamurikiraga ...
Abatuye muri imwe mu Midugudu ntangarugero ibarizwa mu Karere ka Nyagatare, baravuga ko ibikorwa by’iyo midugudu byahinduye imibereho yabo. Ubu muri aka Karere hari imidugudu yahanze udushya turimo ...
Umuryango Never Again-Rwanda wasabye inzego zibishinzwe kwihutisha ishyirwaho rya politike y'igihugu y'uburere mboneragihugu, nk'imwe mu ngamba zo kugabanya ibibazo bikibangamiye ubumwe ...
Minisitiri w'Ububanyi n'Amahanga, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko u Rwanda rufitanye umubano mwiza n’ibihugu bikiri mu nzira y'iterambere ndetse binyuze mu masezerano atandukanye ...